ABATANGA SERIVISI Z’IKORANABUHANGA BAGERA KURI 440 BAMAZE GUHUGURWA NA RTN MUGUTANGA SERIVISI ZA LETA ZIGARAGARA K’URUBUGA IREMBO.
Umwaka urashize leta y’urwanda k’ubufanye n’abikorera ishyize ku mugaragaro urubuga Irembo(www.irembo.gov.rw) kugirango rufashe abaturage kubona serivisi za leta bakoresheje ikoranabuhanga. Nyuma yo gushyira kumugaragaro uru rubuga, Rwanda Telecentre Network (RTN) yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na minisiteri y’urubyiruko na ict(MYICT) ajyanye no gushyira ibigo(access points) bizafasha abaturage mukubona serivisi za leta .Kugeza ubu ibigo(ICT access points) birafasha […]
