Chnage permissions to crumina_menu.css file

Opportunity

Byinshi ku rubuga e-ntego ruzafasha abazi gukora porogaramu za mudasobwa

Uko iminsi igenda ishira ni ko ikoranabuhanga rigenda rirushaho gutera imbere, ari na ko abantu benshi bashakisha uburyo baribyaza umusaruro boroshya itangwa rya serivisi zitandukanye zikenerwa n’abantu mu buzima bwa buri munsi. Nubwo ariko usanga abantu benshi biganjemo urubyiruko baba bafite ibitekerezo bya porogaramu(applications) zishobora kuzana ibisubizo mu koroshya itangwa rya serivisi n’ibindi bikorwa bitandukanye […]

ABATANGA SERIVISI Z’IKORANABUHANGA BAGERA KURI 440 BAMAZE GUHUGURWA NA RTN MUGUTANGA SERIVISI ZA LETA ZIGARAGARA K’URUBUGA IREMBO.

Umwaka urashize leta y’urwanda k’ubufanye n’abikorera ishyize ku mugaragaro urubuga Irembo(www.irembo.gov.rw) kugirango rufashe abaturage kubona serivisi za leta bakoresheje ikoranabuhanga. Nyuma yo gushyira kumugaragaro uru rubuga, Rwanda Telecentre Network (RTN) yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na minisiteri y’urubyiruko na ict(MYICT) ajyanye no gushyira ibigo(access points) bizafasha abaturage mukubona serivisi za leta .Kugeza ubu ibigo(ICT access points) birafasha […]

Scroll to top